Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Luvumbu wakiniye ikipe ya Rayon Sport yatangaje amagambo akomeye kuri iyikipe nyuma yo kubona amashusho y’ibyo Onana arigukora i Rwanda. Soma witonze!

Umukongomani Hertie Nziga Luvumbu wakiniye ikipe ya Rayon Sport mugihe championa yo mu rwanda yakinwaga mumatsinda,yaje kwitegereza imikinire ya Rutahizamu Willy Onana maza atangariza abafana ba Rayon Sport ikintu gikomeye ndetse bituma benshi barushaho gutekereza kuhazaza ha Onana muri iyikipe ikundwa na Benshi haba mu Rwanda ndetse no mumahanga. wakwibaza ngo uyumusore yaba yatangaje iki? Komeza usime iyinkuru witonze uraza gusobanukirwa.

kuko tubikesha nyirubwite Luvumbu Hertier Nzinga, yatangiye agira ati “nayuranye na Rayon Sport mubihe bigoye ndetse byari bikomeye ko twitwara neza kuko ntabakinnyi twari dufite nabo twari dufite bake wasangaga bikora ibintu nk’ibyabana. kurubu amakuru y’iyikipe ndayakurikirana ndetse akenshi ngerageza no kuyisabira kuri Nyagasani kuko ni ikipe nabayemo igihe gito nkayiha kubyo narimpfite ariko simbashe kuyihesha igikombe. numva nzagaruka kurangiza mission nasize ntarangije.” uyumusore abajijwe uko abona iyikipe yateruye andi magambo akome avuga imyato iyikipe umukinnyi kumukinnyi yemwe ya geze no kubatoza arinaho yaje kuvugira ibya Rutahizamu Will Onana.

Ubwo umunyamakuru yamubazaga uko abona iyikipe muri ikigihe, yongeye guterura amagambo agira ati:” muminsi ishize nahoze ndi kureba umukino iyikipe yakinnye na Police Fc ndongera mbihuza n’umukino izikipe zombi zakinnye mumwaka ushize nsanga iyikipe ifite umukinnyi udasanzwe. uriya musore nabonye wambara numero 10 niwe pfundo rizapfundukamo igikombe iyikipe dukunda ikeneye. Gusa uriya musore ntawamurusha mu Rwanda. biriya akora mbiheruka cyera gusa nibyiza ni ikigaragaza ko umupira wo mu rwanda wungutse umwarimu abakiri bato babishatse bakwigiraho.”

Related posts