Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Kigali reba amashusho yose Uko umugabo yafashe umugore we arigusambanira muri Lodge ku giti cy’inyoni bakiruka bambaye ubusa nyabugogo: ABABIBONYE BIFASHE KU MUNWA.

Umugabo utuye mu Karere ka Gasabo nyuma yo gukeka umugore we ko asambana yamugenze inyuma bunono kugeza amufashe ari gusambana mu buriri bwe.

Uyu mugabo Nyuma y’igihe kinini akeka umugore we kandi abantu batandukanye bamubwira ko umugore we asambana n’umugabo w’umukire umuha amafaranga yakoze ibishoboka byose ngo yibonere gihamya ategura umupangu wo kumugwa gitumo.

Umugore yaje gusaba agahushya abwira umugabo ko agiye gusura iwabo batuye mu Karere ka Kicukiro gusa umugabo abonye imyambarire ye byamuteye kumukeka.

Umugore yasohohotse murugo umugabo nawe amugendaho kugeza amubonye yinjira mu modoka yari itwawe ni umugabo ayirimo ari wenyine.

Umugabo ubwo yahise afata moto abagenda inyuma ahamagara ni umugabo ukora akazi k’ubumotari ngo amufashe kubacunga. Uwo mugore yahuriye n’uwo mugabo nyabugogo kumashyirahamwe niko kujya mu modoka berekeza iya giti kinyoni.

Umugabo yavuze ko bageze giti kinyoni bahagaze ku kavuriro gahari bakajya kwipimisha nyuma bagasohoka berekeza muri Lodge yitwa Arsenal ari naho bafatiwe.

Umugabo nawa mucuti we bakomeje kubagenda inyuma kugeza binjiye muri Lodge niko kubasangamo ariko abashinzwe kurinda umutekano muri Lodge ntibabemerera ahubwo bahita bashaka gucikisha uwo mugore ariko ntibyabahira kuko yagiye kurira urugo ngo asimbuke inyuma wa mumotari aba yamubonye aramuhanura.

Uwo mugabo yiyambaje inzego z’umutekano ariko ntibaza kugeza ubwo uwo mukire yinjiraga mu modoka agasohoka umugore nawe agakomeza kwihisha muri Lodge nibimwaro byinshi.

Umugabo yakaniye ko umugore we atongera kurwinjiramo keretse namusaba imbabazi agasinya ko atazongera kumuca inyuma kandi akamusobanurira impamvu yabikoze.

Nkuko bisobanurwa neza aba bamaze gufatwa basambana birutse mu muhanda nyabugogo bambaye ubusa buri buri abantu baratangara.

Related posts