Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

Juno Kizigenza na Bwiza bashyize hanze amafoto y’ urukozason* i

Hirya no hino kumbuga nkoranyambaga harimo gucicikana amafoto y’ umuhanzikazi Bwiza ndetse n’ umuhanzi ukunzwe n’ abatari bakeya mu Rwanda Juno Kizigenza wigeze gukundanan’ umuhanzikazi Ariel Wayz, aba bombi bagaragaye bagiye gucakirana ngo basomane benshi babyita agatwiko.

Nyuma y’ aya mafoto yagiye acicikana umuhanzikazi bwiza yagiye ku rubaga rwe rwa Snapchat , aho yabwiye Juno Kizigenza amagambo aryoheye amatwi. Yagize ati“ Nzaba byose wasengeye” maze ashyiraho n” ingufuri.

Ubwo uyu muhanzikazi yari amaze gushyira hanze ubwo butumwa ndetse nariya mafoto agaragaza bagiye gucakirana ngo basomane , bamwe batangiye guhwihwisa iby’ urukundo rwabo abandi batangira kubona ko baberanye baramutse bagiye mu rukundo ko byaba nakobisa.

Amakuru agera kuri kglnews nuko Juno Kizigenza ntacyo aratangaza kuri aya mafoto yamaze kujya yanze agiye gusomana na Bwiza, gusa hari amakuru avuga ko bishobora kuba ari agatwiko k’ indirimbo aba bombi bagiye guhuriramo.

Related posts