Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

isoko ry’igura n’igurisha rya bakinnyi rigeze aharyoshye Ku mugabane w’iburayi menya transfer zose zishyushye mu ikipe ufana

Lionel Messi igihe azatangarizwa nk’umukinnyi mushya wa Inter Miami cyamenyekanye uyu mugabo azatangazwa tariki 16 nyakanga 2023.

Juventus yafunguye ibiganiro na Chelsea Aho yifuza rutahizamu Romero Lukaku w’imyaka 30.

Mason Greenwood ashobora gutizwa na Manchester united umwaka umwe muri Atalanta, mu rwego rwo kugirango ibone rutahizamu Rasmus Hojlund umunya Denmark.

Christian pulisic yamaze kuba umukinyi wa AC Milan yo mu butariyani Aho Chelsea yishyuwe miliyoni €20.

John Terry yagarutse mu ikipe ya Chelsea nk’umutoza wabakiri bato bayo academy.

umunyezamu Hugo Lloris Ari mu biganiro na Inter Milan byo kuyerekezamo igihe cyose Yaba itandukanye na Onana Wenda kwerekeza muri Manchester United.

Mbappe akomeje kuvugisha isi Aho aganira Nikinyamakuru l’équipe yagize ati ‘‘nshonjeye itsinzi, sinshaka kuba mu ikipe nko kuhaba gusa”. umubano wa Mbappe na PSG ntabwo wifashe neza.

 

 

 

Related posts