Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

ISHYANO RY’ACITSE UMURIZO: Umugabo yasambanyije imbwa nyuma yo gufatwa n’ubushyuhe(Gushyukwa) akabura umugore we ihere ijisho [VIDEO].

Umugabo w’imyaka 46 wo mu gihugu cya Kenya yatawe muri yombi nyuma yo kwiyemerera ko yarongoraga imbwa y’inzungu  kuko umugore we atari ahari ngo amumare ipfa.

Byabaye mu ijoro ryakeye rishyira kuri iki cyumweru tariki ya 03 Nyakanga muri Kenya ahazwi naka Nkunguwa mu majyepfo yiki gihugu.

Abanyamakuru bo muri iki gihugu baganiriye na bamwe mu baturage bo mu isantere yabereyemo iki gikorwa bavuga ko nabo babyumvise mu gitondo cyo kuri iki cy’umweru ubwo ubuyobozi bw’inzego z’ibanze bwabyukiragayo hamwe n’abanyerondo ngo bagasanga imbwa yatumbye icebe nkaho hari icyabaye.

Umwe mubanyamakuru bari bahari yahamirije bagenzi be ko ibi yabyiboneye nawe akomeza  asobanura neza agira ati “ Ngo bahise bamubaza abemerera ko ariwe wayirongoye bahita bamushyikiriza inzego z’umutekano.”

Ibi byanemejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’aka gace ka Nkunguwa ahabereye iki gikorwa,Samuel Kanimbagu ubwo yaganiraga nitangazamakuru yavuze ko koko aribyo ko uwo mugabo yiyemereye ko yarongoye imbwa.

Mu kubisobanura yagize ati “ Njye ubwanjye nabimwibarije arabyemera anyemerera ko yabikoze rwose ntawe ubimushinja amubeshyera.”

Kanimbagu yavuze ko uyu mugabo bamushyikirije abashinzwe iperereza kugira ngo aryozwe amahano yakoreye imbwa ngo kuko ibyo yakoze bidasanzwe muri aka gace.

Benshi bakomeje gutangarira ayo mahano ndetse bamusabira gukanirwa urumukwiye kuko yasebeje umugore we ndetse nikiremwa muntu muri rusange.

Related posts