Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imyidagaduro

ISHYANO RY’ACITSE UMURIZO: Abanyeshuri bafashwe basambana ,umuhungu yamwambuye ikariso bagiye kwiyongeza. [IFOTO].

Mu gihugu cya Nigeria umusore n’umukobwa bafashwe amashusho barimo gusambanira mu ishuri mu gihe cyagenewe amasomo.

Muri iki gihe abantu basigaye barahindutse cyane aho usanga benshi bitwaza ibigezweho bakishora mu ngeso mbi cyane cyane izubusambanyi.

Kuri ubu muri afurika mu bihugu bimwe na bimwe usanga umuco wo gusambana warafashe indi ntera cyane cyane mu bihugu byo munsi y’ubutayu bwa sahara.

Mu igihugu cya Nigeria muri iki gitondo haravugwa inkuru y’abanyeshuri babiri bataratangazwa amazina yabo bafatiwe mu igikorwa cy’ ubusambanyi nyuma yuko bagenzi babo barimo kwiga nubwo camera z’ ishuri zabatamaje bagafatwa bakajyanwa mu Buyobozi bw’ikigo bigaho bambaye udukariso.

Nkuko bigaragara kumbuga nkoranya mbaga,Umusore n’ umukobwa bose bari mu ikigero cy’ imyaka 18-20 bafashwe na camera z’ ishuri ubwo umusore yaramaze gukuramo ikariso y’ umukobwa ndetse benshi bakaba bemeza ko uyu muhungu yaramaze gukora icyo yaragambiriye gukora dore ko ushinzwe gucunga Camera nawe yavuze ko yabibonye haciyemo akanya kuko hari izindi nshingano yari yagiye kureba ko zagenze neza aza gusanga babirangije ahubwo bagiye kwiyongeza.

Nyuma yuko bafashwe aba banyeshuri biga mu amashuri yisumbuye bajyanywe kuri Police ndetse bahita batumizaho ababyeyi babo igitaraganya mu rwego rwo kwigira hamwe ikibazo cy’ abana babo bakoreye amahano mu ishuri rwagati mu igihe cyagenewe amasomo.

Bamwe muri bagenzi babo bigana batangaje ko aba bombi basanzwe bakururana ko ibi bakoze atari ubwa mbere ahubwo ko bari bagiye kwiyongeza.

Related posts