Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Intare izajya iyobora izindi Ntare yahageze, umutoza mukuru wa APR FC yatoje Lille yo mu bufaransa ibigwi bye birivugira

Ikipe ya APR FC nyuma ko kugura Abakinnyi benshi b’abanyamahanga, igiye kuzajya itozwa n’umutoza mukuru ukomoka mu gihugu cy’Ubufaransa.

Ni umugabo witwa Thierry Froger yavutse tariki 21 Werurwe 1963 avukira mu gihugu cy’ubufaransa ahitwa Le Mans, akaba yarabaye umukinyi Aho yakinaga nka myugariro.

Yatoje amakipe akomeye arimo, Le mans, Gueugnon ,Lille, leims, Togo, Tp Mazembe, Nimes, USM Alger Nandi amakipe akomeye. Ubu yatozaga ikipe ya Arta Solar 7. Nk’umukinnyi yakiniye ikipe ya Le Mars, Lille na Grenoble.

Biteganyijwe ko azahaguraka iwabo Ku munsi wejo kuwa gatatu hamwe nabo bazakorana akagera mu Rwanda Ku munsi wo kuwa Kane.

Related posts