Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Inkuru yakababaro: Munyakazi Sadate wayoboye Rayon Sport yakoze Impanuka ikomeye ariko Nyagasani aratabara. ese iyimpanuka yatewe niki? Ntucikwe!

Inkuru y’akababaro yiriwe ivugwa nuko uwahoze ari umuyobozi wa Rayon Sport , Munyakazi Sadate yaraye akoze impanuka ikomeye cyane aho nkuko abyitangariza Nyagasani yakinze ukuboko kuko iyo bitaba ibyo kurubu yarikuba atakiri kwisi y’abazima nkuko abyivugira. dore ukuri kubyaba byateye iyi mpanuka.

“Hari murukerera rwo kuri iki cyumweru ubwo narimvuye gutegura imihanda izakoreshwa muri CHOGAM nka Deviation Maze agatotsi karantwara imodoka narintwaye irenga umuhanda ariko ntakintu nakimwe nigeze mba.” aya ni amagambo yatangajwe na Bwana Munyakazi Sadate abinyujije kurukuta rwe rwa Tweeter ndetse uyumugabo akaba yahise aboneraho umwanya wo gushimira abamutabaye ndetse akavuga ko kubwe aribwo yongeye kubona ko hari abantu bagifite ubumuntu.

Nkwibutseko uyumugabo yayoboye ikipe ya Rayon Sport nubwo yavuyeho ntakintu abashije kugeza kuri iyikipe usibye kuyitezamo umwiryane ukomeye cyane byanatumye urwego rw’igihugu rw’imiyoborere rukuraho komiteye ndtese kugeza ubu benshi mubakunzi b’iyikipe bakaba bemezako ibikorwa by’uyumugabo byagize ingaruka k’umusaruro muke iyikipe imaze iminsi ibona cyane ko iheruka ibihe byiza mbere yuko ayiyobora.

Ntitwasoza iyinkuru tutifurije bwana Sadate Munyakazi Kurwara ubukira ndetse no kuba yakomeza kwihanga kubwa burikimwe cyaba cyangirikiye muri iyimpanuka cyane ko abitangaza ko iyimpanuka yaturutse kumunaniro yagize akaza gutwarwa nagatotsi agashiduka Imodoka yamaze kurenga umuhanda.

Related posts