Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Indi kipe ikomeye itari Marine yungukiye mu kuza kw’Abanyamahanga mu ikipe ya APR FC itizwa abakinnyi b’abahanga

Nyamukandagira mu kibuga kikarasa imitutu APR FC nyuma yaho ifatiye wo kuzana abanyamahanga, Ubu igihurikiyeho ni ushakira bamwe mu bakinnyi yarisanganwe aho berekeza.

Amakuru agera kuri Kglnews ni uko umukinyi Mugunga Yves watakiraga ikipe ya Apr yamaze gutizwa ikipe ya mukura Victory sport, mu gihe kingana n’umwaka umwe.

Undi mukinnyi wamaze kubwirwa n’ikipe yingabo zigihugu ko agomba kwerekeza muri MUKURA ni ishimwe annicet Nawel ugomba gutizwa igihe kingana n’umwaka umwe. Byiringiro Girbert akaba ari kurutonde rw’abasore bashobora kwisanga i Huye.

Byitezwe ko mu cyumweru gitaha APR FC izashyira hanze urutonde rurerure rw’abakinnyi izaba yatandukanye nabo.

 

Related posts