Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Imyiteguro iteye ubwoba y’abafana ba Rayon Sport barimo na Ndimbati byatumye kuri stade iyikipe izakiniraho umukino wa4 wa Championa habera igitangaza. soma witonze!

Nyuma yuko ikipe ya Rayon Sport ihuye nuruva gusenya umwaka ushize ikaza gutsindwa na Marine FC ibitego bi3 byose kubusa mumikino ibanza ya Championa,kurubu abafana b’iyikipe bakomeje imyitozo idasanzwe ndetse bananejejwe no kuba mugenzi wabo Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati afunguwe nawe akaba yemeje ko agomba kujyana na Fun Club ye ya Gikundiro Forever mugushyigikira ikipe ya Rayon Sport mumukino w’umunsi wa Kane wa Championa kugirango iyikipe irebe ko yakwihorera kubyo Marine yayikoreye umwaka ushize w’imikino.

Iyikipe ya Marine iri guhabwa amahirwe yo kuba yanganya uyumukino mugihe yaba idatsinzwe na Rayon Sport, nayo iri gukubita agatoki kukandi aho yiteguye kuba yashyira mubikorwa ibyo yo yita ko yasubitse umwaka ushize mugihe yatsindaga ikipe ya Rayon Sport ikigali i bitego bi3 byose kubusa ariko mumikino yo kwishyura ayamakipe akaza kunganya. abafana ba Rayon Sport bakaniye kuba batsinda uyumukino ndetse bamaze no gushyiraho uburyo bwo guhaguruka i kigali berekeza mukarere ka Rubavu aho bo biyemeje ko bagomba kubanza gutsinda icyabo gitego cyo kuboneka kuri Stade kurusha abafana ba Marine Fc ngo kugirango umurindi w’abafana uzatume ikipe itsinda ntaguhagarara.
Igitangaza rero cyaje kuba kuri stade ya Rubavu, nuko bwambere mumateka amatike asigaye y’uyumukino akaba abarirwa kuntoki kubera ubwitabire bw’abafana ba Rayon Sport ndetse ibi byabaye byo kuba hagurishwa amatike menshi mbere yumukino ari ubwambere bibaye , ndetse bikaba bikomeza gushimangira ijambo ridakuka abafana ba Rayon Sport bafite ndetse n’igisobanuro basobanuye k’umupira w’u Rwanda.

Related posts