Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Food

Ifunguro ryawe ntirizongera kuburaho Umuneke numara kumenya ibi.

Umuneke ni rumwe mu mbuto zikungahaye ku ntungamubiri zifatiye runini ubuzima bwacu bwa burimunsi Kandi ruboneka ahantu hose.

Umuneke ugabanya umuvuduko w’amaraso kandi iyo urya umuneke, ibyago byo kurwara indwara y’umuvuduko w’amaraso biragabanuka kuko Umuneke ukungahaye ku isukari y’umwimerere iyo uwufata kenshi ukugabanyiriza ibyago byo kurwara indwara yazonze benshi ya Diabete.

Iyo urya umuneke bikugabanyiriza ibyago byo kurwara kanseri z’ubwoko bitandukanye.

Umuneke ni urubuto rukungahaye ku isukari karemano ku buryo ushobora kururya mu gitondo ukageza nimugoroba wumva ugikomeye.

Umugabo urya umuneke agira imbaraga ku buryo adashobora gucika intege mu gihe cyo gutera akabariro, doreko uhangana ninkangaruka zo kwikinisha.

Imineke ni myiza kuko ituma imyanya myibarukiro ifunguka haba ku mugore cyangwa ku mugabo ufata umuneke cyane cyane mu gitondo

Impuguke mubyubuvuzi zemezako Umuneke ufite akamaro gakomeye mubuzima bw’umuntu, zikanashishikariza abantu kujya bawurya kenshi kuko bizabarinda indwara zitandukanye

 

Related posts