Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Ibizakwereka ko umukobwa yagize ubushake bwinshi bwo gukora imibona1no

Muri kamere yabo, ubundi abakobwa bihagararaho cyane, ntabwo ari abakobwa benshi bashobora kubwira umusore ko bashaka gutera akabariro. Nubwo bimeze gutyo ariko biroroshye ku musore kumenya ko umukobwa ashaka gutera akabariro urebeye ku bimenyetso bikurukira ugasuzuma ubutumwa butangwa n’umubiri bakunze kwita mu crurimi rw’Icyongereza “body language”.

1. Guhumekera hejuru

Umukobwa ushatse gugutera akabariro iki ni ikimenyetso umusore bari kumwe ashobora guhita atahura. Iki kimenyetso nta mukobwa ushobora kugihisha kuko bikorekera imbere mu mubiri we. Uko bigenda umubiri we uba uri gukora ububobere bwinshi bigatuma ukenera oxygen nyinshi, bigatuma umutima we utera cyane akabahumekera hejuru.

2. Gutukura amaso

Umukobwa ufite ubushake burenze bwo gutera akabariro akenshi amaso ye aratukura kandi akazamo amarira, wamureba ukabona yirebesha icyoroshye. (amaso yayateretse)

3. Gucika intege

Iyo umukobwa yafashwe aba yacitse intege kuburyo akenshi icyo umukoresha cyose agikora ni ukuvugango aho umujyanye ni ho ajya kabone n’ubwo yakabaye ari kubyanga ushobora kumva avuga ati oya ariko ukabona ari kubikora. Umukobwa acika intege iyo guhumekera hejuru bihagaze. Umubiri we urangije gukora ububobere.

4. Gutosa ikariso

Iyo yagize ubushake bwinshi bwo gugutera akabariro, usanga mu myanya ye y’ibanga ububobere bwiyongereye ku rwego rwo hejuru ku buryo bigera no ku myenda y’imbere bikaba byagera aho bihinguka n’inyuma. Iyo umubiri umaze gukora ububobere ubwohereza mu myanya y’ibanga hitegurwa igikorwa cy’umusore/umugabo bari bubonane; ni yo mpamvu ikariso ye ihita itoha.

5. Kugundira umusore

Umukobwa iyo mwaganiraga akagira ubushake bwo gugutera akabariro usanga agusatira gahohora gahoro yagufata akagufata akagukomeza ku buryo ubona adashaka kukurekura.

6. Kukuryamaho

Iyo umukobwa afashe icyemezo cyo kukuryamaho utari usanzwe ubimuziho, wamusuzuma ukabona afite bimwe mu bimenyetso byavuzwe muri iyi nkuru na cyo kiba ari ikimenyetso cy’uko ashaka ko gugutera akabariro.

NB:Umukobwa n’umusore bateye akabariro baba banyuranyije n’amahame agenga umuryango mugari (society), abemerewe gugutera akabariro ni umugabo n’umugore bashakanye. Umukobwa n’umusore iyo babikoze biba ari ubusambanyi hashingiwe kuri bibiliya, na ho mu mategeko iyo umugore cyangwa umugabo bashatse bakoranye imibonano mpuzabitsina n’undi muntu ni bwo byitwa ubusambanyi.

Related posts