Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Politiki

Ibintu bifashe indi ntera! Congo yashyize hanze indege z’intambara n’intwaro zikakaye yakuye mu Burusiya, bizifashisha mu ntambara yenda gushoza ku Rwanda|AMAFOTO

Nyuma y’aho RDC itangarije ko igiye gushoza intambara ku Rwanda bitewe n’uko barushinja gufasha umutwe wa MV-23, kuru ubu bamaze kugaragaza intwaro bazifashisha nibaramuka batangije iyo ntambara.

Ni intwaro byatangajwe ko zavanywe mu Burusiya, aho umukuru w’ingabo aherutse kugirira uruzinduko.

Imwe mu ntwaro RDC yerekanye

Umwuka mubi ukomeje gututumba hagati y’ibihugu byombi kuko Congo ikomeza gushinja u Rwanda gushyigikira umutwe wa MV-23. Ni mu gihe ariko u Rwanda rwo ruhakana aya makuru, ahubwo ko ibibera mu Burasirazuba bwa Congo bireba Congo ubwayo; ko bidakwiye kugira aho bihurizwa n’u Rwanda.

Ku bijyanye no kuba u Rwanda rwashoza intambara kuri Congo bitewe no kuba yaratwitse idarapo ry’igihugu ndetse n’amafoto yacyo, Umujyanama wa Perezida mu by’Umutekano, Gen James Kabarebe, aherutse kuvuga ko ibyo bitajyana u Rwanda mu ntambara.

Related posts