Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Udushya

Ibihugu 10 birimo ubusambanyi bwinshi kurusha ibindi muri Africa byitondere ku bijyamo_ Ubushakashatsi

 

Mu bushakashatsi bwakozwe ku bihugu bifite umubare munini w’abantu bakora ubusambanyi muri Afurika, hagiye hagaragara impamvu zitandukanye zituma abantu benshi bashaka gusambana no guca inyuma abo bashakanye. Dore urutonde rw’ibihugu 10 bivugwamo ubusambanyi kurusha ibindi muri Afurika:

1. Nigeria: Iki gihugu gifite umubare munini w’abantu kandi n’umuco wo guca inyuma  cyane. Ubusambanyi burakorwa cyane mu mijyi minini nka Lagos na Abuja.

2. Kenya: Ubusambanyi burakorwa cyane cyane mu mijyi nka Nairobi, aho hari umubare munini w’abaturage baba mu buzima bushyushye .

3. Ghana: Mu mijyi minini nka Accra, haravugwa ibikorwa byinshi by’ubusambanyi aho abantu benshi bacana inyuma bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo ubushomeri n’ubukene.

4. Afrika y’Epfo: Ubusambanyi burakorwa cyane mu mijyi nka Johannesburg na Cape Town, aho hakunze kugaragara ibikorwa by’ubusambanyi muri za resitora, utubari, n’ahandi hantu hahurira abantu benshi.

5. Zambia: Iki gihugu gifite umubare munini w’abantu bakora ubusambanyi, ahanini bitewe n’umuco n’imyitwarire y’abantu aho bagira umubano wihariye.

6. Côte d’Ivoire: Mu mijyi nka Abidjan, havugwa  ubusambanyi bwinshi mu baturage cyane cyane abakiri bato bafite ubushobozi buke.

7. Senegal: Iki gihugu gifite umubare munini w’abantu bakora ubusambanyi cyane cyane muri Dakar, aho abashakanye benshi bacana inyuma bitewe n’ubuzima bwa buri munsi.

8. Uganda: Kampala ni umujyi uvugwamo cyane ubusambanyi, ahanini bitewe n’imibereho y’abaturage aho hakunze kugaragara urubyiruko rwinshi rudafite akazi kandi rwishakira imibereho.

9. Tanzania: Ubusambanyi burakorwa cyane cyane mu mijyi nka Dar es Salaam, aho hakunze kugaragara ibikorwa by’ubusambanyi muri za hoteli n’utubari.

10. Angola: Mu mijyi nka Luanda, ubusambanyi burakorwa cyane cyane mu bakiri bato bafite ubushobozi buke bwo kubona imibereho.

Ahanini usanga impamvu abaturage bahantu runaka impamvu bishora mu busambanyi usanga nta mirimo ihagije yo gukora ngo bave mu bushomeri.

Related posts