Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Hari uburyo bwiza umugabo wese yashimisha umugore we bitamusabye ibintu bihenze cyane ubundi akirirwa amuvuga imyato mu bandi bagore

 

Gutera akabariro ni ingenzi mu buzima bwabashakanye ariko nanone bikwiriye kurangwa n’ibindi bintu by’ibanze biba mbere y’igikorwa kuko ninabyo bishimisha cyane uwo mwashakanye.

 

Kuba imibonano ishimisha impande zombi , niyo mpamvu buri wese agomba kumva ko yubashywe kandi ko yahawe umwanya.

 

Gushaka gushimisha umugore wawe , bisobanuye ko urimo gushaka uko unezeza ibyiyumviro bye by’inyuma mbere y’igikorwa nyirizina ndetse ukanamwerekako yubashywe cyane. Uyu mugore wawe niba agukoreye ibintu byiza menya ko uramwishyura.

Ikindi kandi kumenya gushimisha umugore bisobanuye kumenya ibyo akunda kandi burya buri mugore agira ibyo akunda kurenza ibindi.Niba ushaka gushimisha umugore wawe rero, banza umenye ko ugomba guhindura ibikorwa mbere kuko nibyo by’ingenzi.

 

1. Banza umubwire uburyo ari mwiza: Umugore wawe azimira amagambo amubwira ko ari mwiza cyane ahantu hose.Numara gutuma abona ko ari mwiza rero , bizatuma akwiyumvamo.

 

2. Tuma mu mara agahe mu kina : Gukina mbere y’igihe bituma urukundo rwiyongera no kurenza igikorwa nyirizina kuko ariho yiyumva nk’umugore kubera uburyo uba umubwira, uburyo muba mwishimanye n’ibindi.Uko mumarana agahe mukina mu gitanda, bizatuma azajya agukumbura.

 

3.Ihuze n’amarangamutima ye nyuma y’uburiri: Ushobora gusanga afite ibindi bimubabaje ariko wowe uri kuza wihutira mu buriri no kumukuramo imyenda. Ibi sibyo , icyambere umugore wawe akeneye ni ukumutega amatwi kugira ngo ibiraba abe abifitemo uruhare kandi ameze neza nk’uko nawe umeze.

 

4.Mugenzurane: Ese mujya mugira umwanya wo kugira utwo mukorerana mbere y’igikorwa ? , banza umenye niba Koko mubikora ubundi ubitangire.

 

5. Mubaze uko abyifuza , umubaze nicyo ashaka mu gitanda: Umugore wawe , mubaze uko yifuzako mubikora ndetse nicyo yifuza mbere na mbere .Icyo akubwira aricyo umukorera nushake urekeraho, ibi bizatuma yiyumvamo urukundo ndetse no kuba yubashywe.

Niba wari warabuze ubushake mu gihe cyo gutera akabariro Twiyemeje kugarurira abagabo ishema ryabo mu ngo zabo banezeza abagore babo uko bikwiriye niba wifuza ko tugufasha wahamagara cyangwa se ukatwandikira kuri 0725701440

Related posts