Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Hari impamvu ukwiye gutinya cyane umugore cyangwa umukobwa watinyutse kuguca inyuma niyo yaba ari inshuro imwe gusa , uzabitinye kuko birakomeye

Umugore watinyutse kuguca inyuma niyo yaba isnhuro 1 gusa aba afite itandukaniro rikomeye riri hagati ye n’umusore waciye inyuma umukobwa bakundana, Umugore mubana cyangwa mukundana ntago apfa gutekereza kuguca inyuma gutya bimworoheye ndetse  biba binateye ubwoba cyane iyo umugore aguciye inyuma niyo yaba ari inshuro imwe gusa kuko haba hari itandukaniro ryawe nawe nk’umugabo kuba wamuca inyuma, Biterwa n’uko abahanga mu birebana n’imitekerereze bavuga ko akenshi umugabo uko yaca inyuma kose umugore we aba ashobora kumugarukira kandi agakomeza akamukunda mu buryo bungana cyangwa bunaruta ubwo yamukundagamo.

Ariko ahangaha bakavuga ko umugore waguciye inyuma biba biteye ubwoba kuko umugore aca inyuma umugabo we kuwundi mugabo abona ko ashobora kuba ari mwiza cg ashobora kuba ari uwagatangaza kuruta umugabo we usanzwe , ibi kandi ngo igikomeze kubigira ibiteye ubwo ni uko akenshi umugore cg umukobwa aryamana n’umuntu yabanje guha umutima we ,mbese wa muntu yabanje kwiyumvamo .

Bikaba byatuma rero ibyo byiyumviro yagiriye uwo mugabo yagiye kugucaho inyuma bishobora kugumaho kugeza igihe nawe akoze ikosa nkiryo wowe umugabo we wakoze kugirango agire imberaga zo kuguca inyuma Umugore wabashije kuguca inyuma aba ateye ubwoba kuruta umugabo waciye inyuma umugore we

Related posts