Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Dore uburyo bwafasha abakobwa kugira amaguru y’ ibitesi yakurura abagabo b’ Inyarugenge

Muriki gihe buri mukobwa wese aharanira kugira ngo agire amaguru meza cyangwa amatako meza kuko bimwngerera igikundiro ku basore bose bamureba,dore bimwe mu bintu byagufasha kugira amaguru meza wishimiye cyane.Kuri uyu munsi twabakusanyirije muri bimwe mu bintu umukobwa yakora kugirango agire amatako meza ndetse n’amaguru meza.

1. Imirasire y’izuba rya kare cyane mu gitondo. Ugomba Kwambara ijipo ngufi mu gitondo wenda ukibyuka cg uri gukora isuku kugirango ya mirasiye yizuba ikugere ku matako ark nta cola wambaye.

2. Gukora Sport nk’iminota 45min mu cyumweru.Automatic word wrap bituma urambura imitsi kandi bikagabanya ibinure mu mubiri.

3. Kugerageza kugenda n’amaguru nka 30min buri munsi, ibi nabyo bizagufasha aiko wambaye inkweto zitazamuye.

4. Gukora umwitozo wo gusimbuka mu gitondo ariko utambaye inkweto, ushobora no gufata umugozi ukajya usimbuka buri gitondo.

5. Koga mu mazi ugakurura amazi n’amatako yawe nabyo bituma amazi asa naho ari kuku masa. Ukajya ubikora nka 3 mu cyumweru.

 Gusa icyo twagusaba niba wari warabuze ubushake mu gihe cyo gutera akabariro Twiyemeje kugarurira abagabo ishema ryabo mu ngo zabo banezeza abagore babo uko bikwiriye niba  wifuza ko tugufasha wahamagara cyangwa se ukatwandikira kuri 0725701440.Sibyo gusa kuko tubafitiye kandi umuti  uzana  amazi kubadamu, n’umuti utera kubyibuha kubananutse n’umuti utera abana apetite  wahamagara izi nimero 0725701440 tukagufasha.

Related posts