Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Dore amayeri abakobwa b’ i Nyarugenge barimo gukoresha bashaka ko mutera akabariro mwa basore mwe ba uwa mbere ureba ibyo byiza

Kurikira hano amakuru yiriwe avugwa umunsi wose

Biragoye cyane kubona umuntu w’igitsinagore yerura ngo abwire uw’igitinagabo ko ashaka ko batera akabariro kabone n’ubwo yaba yumva byamukomeranye, ibi akenshi bikaba biterwa n’umuco w’aho abantu bagiye bakurira, ikindi ngo ni uko umugore cyangwa umukobwa ubyivugiye ashobora gufatwa nk’usanganywe imico itari myiza [y’uburay**a].

Gusomana nka kimwe mu bikorwa bishobora kubimburira gahunda yo gutera akabariro, ni cyo tugiye kwibandaho tugendeye ku buryo abakobwa benshi babikoresha nk’ikimenyetso kigaragariza umusore/umugabo bari kumwe ko bashaka ko batera akabariro.Gusomana ni igikorwa akenshi kerekana urukundo mu mibanire. Ntabwo mubyukuri abantu basomana n’abo badakunda, kubakobwa ho kugusoma byerekana ko bakwiyumvamo ariko ikibazo kinini kiba mu kumenya ingano y’ibyiyumviro agufitiye.

Gusomana kandi bikoreshwa mu kugaragaza amarangamutima atandukanye kandi buri ryose rikagira ibisobanuro bitandukanye. Abagabo bakunda gusoma abagore ariko biba ingenzi kumenya ko buri bizu yose igira ibiyiranga n’icyo isobanuye.Hari rero uburyo butandukanye umukobwa ashobora kugusoma kandi bwose buba bufite icyo busobanuye. Kumenya ibi rero byagufasha by’ukuri kumenya icyo umukunzi wawe ashaka cyangwa uburyo yiyumva muri ako kanya.

Kugusoma iminwa isa n’aho ifunze cyangwa yegeranye cyane: Iyo umukobwa agusoma ariko ntatandukanye iminwa ye ngo yisanzure, biba bisobanuye ko adashaka ko ibintu bijya kure. Mu yandi magambo, aba yumva ko niyisanzura cyane ikiri bukurikire ho ari uko mutera akabariro bityo akagenda akwiyima bucye bucye ngo mutayikora.

Kugusoma buhoro buhoro kandi wumva abyitayeho: Ubu buryo nibwo bwambere igits1na gore kiri mu rukundo gikoresha mu gusomana. Iyi bizu ni ikimenyetso cyeruye cyo kuba yarekuye amarangamutima ye yose bitari mu gutera akabariro ahubwo mu rukundo. Iyo umukobwa akwiyumvamo ni ubu uryo agusoma by’umwihariko iyo ari ubwambere umusomye. Ubu buryo bwo gusomana buzamura amarangamutima yose ye uko yakabaye.

Iyo agusoma vubavuba wumva yenda kugira n’impumu: Ubu buryo bwo gusomana busobanura ikintu kimwe cy’uko umukobwa aba yifunguye cyane kandi akaba ashaka ko mutera akabariro.

Iyo agusoma n’ururimi: Ibi bihishura impu ze zombi. Muri ubu buryo, umukobwa ashobora kukwereka koashobora kukubera mwiza cyangwa mubi. Uku gusoma kwerekana ubucakura bwe kandi abikora kugira ngo yereke umugabo ko ashobora utuma atekereza bitandukanye.

Ubu ni bumwe mu buryo bw’ibanze umugora asomanamo. Ni byiza kumenya icyo umukunzi wawe ashaka ukanubaha ibyiyumvo bye. Bizu ntabwo ari bizu gusa, hari icyo iba isobanuye ukwiye kwitaho.

Related posts