Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Dore amabanga umugabo wese ugiye kugura indaya agomba kumenya

Bamwe mu bagabo usanga ingo zibananira bagahitamo kujya mu bubari bakabugira nk’icumbi bakemuriramo ibibazo byabo, bakanywa inzoga bakenera n’umugore bakagura indaya, yarangiza yashaka agataha mu rugo cyangwa akarara iyo.

Nubwo aba ayiguze yumva agamije kurangiza ikibazo ariko nta munezero yagira nk’uwo yakura ku mugore we yishakiye akunze, mugabo niba wumva ingeso yanze ntube ukibashije kwihangana, ugafata icyemezo cyo kugura indaya, uzabanze uzirikane ko:

Uba waguze igits1na: Ni ko biba bimeze ntuzibeshye ngo ubivange n’urukundo kuko inday**a yagufatira ikakurya utwawe twose, kimwe n’uko ishatse yagarama ugakora ibyo ushaka byose yo yibereye kuri Watsapp. ikakubwira iti: “Gira vuba nigendere”

Inday**a ni umucuruzi nawe uri umuguzi: Ugomba kumenya neza ibyo ugura ibyo ari byo n’uko wishyura hakiri kare ngo mutaza gutera amahane. Niba mwavuganye rimwe amafaranga angana uku, niko biri nta yindi mitereto. Ninakugaburira uzamenye ko ushobora kubyishyuzwa.

Ugomba kwitwaza udukingirizo: Mugabo niba ukunda ubuzima bwawe, itwaze udukingirizo duhagije kandi ufitiye icyizere ko ari tuzima. Waguze ahantu hizewe.

Si byiza na gato gusomana n’inday**a: Ishobora kuba isoma ibits1na by’abagabo byinshi igashobora kuba yaba irwaye imitezi mu kanwa nka Herpes, Gonorrhea yo mu muhogo na Syphillis.

Ugomba kwirinda kuny**za inday**a:Hari amazi yagutarukira ku gice icyo ari cyo cyose cy’umubiri, kuko amazi mvagits1na agira indwara nyinshi z’imitezi ushobora kwandura ku ruhu nka Gonorrhea, Clamydia n’izindi zandurira ku gukoranaho ku mubiri.

Inday**a nyinshi ni amabandi

Nawe umva umuntu ugurisha umubiri. Ashobora kugusaka amafaranga mu mifuka cyangwa akaguteza andi mabandi akakwica burundu.

Kwita ku mutekano wawe

Kumenya niba wakwikura mu y’abagabo biramutse bikubayeho. Niba ukeka ko aho mugiye kubikorera nta mutekano uhari, ibyiza ni ukubireka.

Izaguteranya n’umugore wawe:Niba uryamanye niyo ndaya umugore akaguhamagara kuri telefone, ihita imwitaba ikamutuka, yewe niyo imuzi nyuma iramwihamagarira umusebya.

Mugabo nubwo urugo rwakunanira rute, uzicarane n’umugore wawe mucoce ikibazo mushake umuti, kujya mu ndaya ni ibyago bigeretse ku bindi uba wikururiye. Kuko ngo burya kwirinda biruta kwivuza! Ikiza ni uko wagumana n’umugore wawe.

Related posts