Hari ibimenyetso byinshi byerekana ko umukunzi wawe akuze mu myumvire no mu mibanire. Dore bimwe muri byo: Afata inshingano: Ntahunga inshingano cyangwa ngo ashyire amakosa...
Niba ushaka kwanga umukobwa mu cyubahiro no mu bwitonzi, ushobora kumwandikira ubutumwa butamukomeretsa ariko bumwereka ko mutazabana. Dore ingero: “Ndagira ngo tuganire by’ukuri. Uri umuntu...
Urukundo, rufite imbaraga nyinshi zo gushyira abantu mu bihe byiza, ariko rimwe na rimwe, rushobora no guteza ibibazo n’ububabare. Mu mico imwe n’imwe, umukobwa ni...
Niba hari ikintu kitajya gisaza mu mateka y’abakundanye, ni uburyo bahuriye bwa mbere. Byose byatangiye umunsi umwe mu masaha ya nimugoroba, ubwo James yahuraga...
Burya mu byo abagabo bakunda ku bagore ntabwo harimo gutera akabariro nk’ uko ubushabitsi bubivuga. Ubu bushakashatsi buvuga ko mu bihugu bitandukanye bwaragaje ko...
Ubushakashatsi bwagaragaje ko abasore 45% bari hagati y’imyaka 18_ 25 iyo batari mu rukundo bibasirwa n’ agahinda gakabije. Ubu bushakashatsi buvuga ko aba basore...