Uyu munsi tugiye kureba bimwe mu bintu cyangwa se amagambo umugabo cyangwa umuhungu mukundana avuga ajyanye n’amarangamutima ye, Aya magambo rero ni atatu, igihe umukunzi...
Mu rukundo hajya habamo ibibazo bitandukanye ariko ikibazo nyamukuru ndetse kinatera benshi gutinya kwinjira mu rukundo, ni uguhemukirwa.Umuntu wahemukiwe mu rukundo rero burya aba afite...
Abasore bafite ibintu bibeshyaho ko babikoze cyangwa se babifite byatuma abakobwa babakunda byimazeyo nyamara si ko biri kuko iyo ari byo bakoresheje batereta akenshi bitabahira....
Hari uburyo umuntu wese yitwara mu bibazo , abakobwa benshi bitondera cyangwa batinya gusura abahungu ku nshuro ya mbere kuko baba bibwira ko bashobora...