Hirya no hino mu mujyi wa Kigali imyenda ihambiriye cyane iharawe na benshi. Mu rubyiruko rw’iki gihe benshi amapantalo bakunze kwita amacupa, kola(collants), udupira...
Muri iyi si ya none yo mu kinyejana cya 21 cyiswe icy’umuvuduko, abantu baragenda bahura n’ibibazo abayibayeho mu myaka yashize batigeze bahura na byo bikaba...
Umubyibuho ukabije ni imwe mu ndwara zihangayikisha benshi cyane ko igira ingaruka mbi cyane ku mibereho ya muntu. Muri iyi nkuru yacu rero tugiye kubagezaho...
Kuri uyu wa mbere tariki 01 Nzeri 2023 mu Mudugudu wa Gataba mu Murenge wa Kanjongo mu Karere ka Nyamasheke nibwo hamenyekanye inkuru y’akababaro yo...
Gusinzira mu buzima bw’umuntu ni igikorwa cy’ingenzi cyane , ari nayo mpamvu mu masaha 24 umunsi ugira , amenshi muri yo umuntu ariyo akoresha aryamye...