Amakuru ababaje abantu benshi bagiye batandukanye hirya no hino mu Rwanda,ni uko umunyamakuru mwakunze mu Rwanda kuri RADIO/TV10 , yitabye imana mu buryo butunguranye....
Ububobozi bw’akarere ka Gisagara buraburira abagabo ku byaha byo gusamabanya abana b’abakobwa, ndetse babibutsa ko gusamabanya umwana ari icyaha kidasaza. Ni mu gikorwa cyo gutangiza...
Tariki ya 27 Nzeri 2024 ni bwo mu Rwanda hatangajwe ko hagaragaye indwara ya Marburg yibasiye abiganjemo abakora mu rwego rw’ubuvuzi, icyo gihe abaturage benshi...
Birashoboka ko umwana yajya mu ngeso mbi atari uko bamushutse cyangwa se ngo abe yafashwe ku ngufu, ni kenshi biba, aha babyeyi twibuke ko inshingano...
Mu buzima tubamo ,hari igihe uhura n’ ibintu mu buryo utazi ukisanga watakaje icyizere cy’ ubuzima. Ese waba uri mu bihe mu buzima ubona bigucikiyeho...
Ku wa Gatandatu tariki ya 28 Nzeri 2024 ,nibwo mu Rwanda hatangajwe ko hageze icyorezo cya Marburg ,gusa abanyarwanda bumvaga ko ari ibisanzwe gusa batungurwa...