Ikipe ya Marines FC ibarizwa mu Karere ka Rubavu mu Ntara y’i Burengerazuba yamaze guhagarika abakinnyi babiri aribo umuzamu Ahishakiye Heritier na myugariro wo hagati...
Abakinnyi babiri b’ikipe ya APR FC ndetse n’umwe wa Rayon Sports biravugwa ko bishyuza ikipe ya AS Kigali amafaranga yabasigayemo mu gihe bari bakiyikinamo. Hashize...
Umukinnyi w’ikipe ya Rayon Sports, Paul Were Ooko yabwiye bagenzi be bakinana ko arusha ubuhanga Heritier Luvumbu Nzinga maze bose bamwamaganira kure. Ku munsi w’ejo...
Abakinnyi babiri b’ikipe ya Rayon Sports bakomoka mu gihugu cya Mali ari bo Moussa Camara na Boubacar Traore byamenyekanye ko barakara ku buryo bukomeye ndetse...
Umunyamakuru w’imikino akaba n’umuyobozi wa Radio Fine FM, Karenzi Samuel yashimiwe n’ubuyobozi bw’ikipe ya REG Basketball Club. Ku munsi w’ejo ku wa Gatanu tariki 17...
Ikipe ya APR FC iri guteganya kuzagura abakinnyi b’Abanyamahanga bakomeye izakoresha mu mwaka utaha w’imikino wa 2023-2024. Ni kenshi ubuyobozi bwa APR FC bwagiye buvuga...
Ikipe ya APR FC ihanze amaso abakinnyi babiri b’ikipe ya Rayon Sports ari bo umuzamu Hakizimana Adolphe na rutahizamu Rudasingwa Prince. Hashize igihe bivugwa ko...