Uwari Visi Perezida wa AS Kigali, Fred Seka Rwumbuguza, wari wasigaranye inshingano zo kuyiyobora nyuma yo kwegura kwa Shema Fabrice wari Perezida, na we...
Ubuyobozi bwa APR FC bwemeje ko butazakomezanya n’Umufaransa Thierry Forger Christian wayitoje kuva mu ntangiriro z’uyu mwaka w’imikino wa 2023/2024, ndetse akaza no kuyihesha Igikombe...
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yamaze kumvikana na Se wa Kylian Mbappé ko uyu mukinnyi azakina Imikino ya Olympiques izabera mu Bufaransa muri iyi mpeshyi;...
Rutahizamu w’Abanyarwanda, Jimmy Gatete yatangaje ko atigeze yegerwa n’abafite iterambere ry’umupira w’amaguru mu nshingano yaba Ishyirahamwe y’Umupira w’Amaguru mu Rwanda cyangwa Minisiteri ya siporo, icyakora...
Ikipe ya Rayon Sports FC imaze umwaka w’imikino wa 2023/2024 nta gikombe itwaye; ibintu bizatuma itabasha guhagararira u Rwanda mu marushanwa nyafurika, nyamara yaratangiranye icyizere...
Umutoza wa Paris Saint Germain, Luis Enrique yavuze ko ku mukino wa UEFA Champions League bafitanye na Borussia Dortmund kuri uyu wa Kabiri, n’abakinnyi be...
Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere, RGB, Dr Usta Kayitesi, yagaragaje ko ubuyobozi bwa Rayon Sports hamwe n’abanyamuryango bayo ari bo bafite umukoro wo kwitorera abayobozi, aho...
Polisi y’u Rwanda ibinyujije ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter yatsngaje ko ku mugoroba wo Gatatu ahitwa Kitabi, umuhanda Nyungwe_Nyamasheke utakiri Nyabagendwa. Ati:”Turabamenyesha ko...