Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Urukundo

Buri mukobwa wese wo kuri iyi isi aba yifuza ko nibura rimwe mu kwezi yazahabwa ikibizu muri ubu buryo n’ umusore bakundana ku buryo ubimukoreye adashobora gupfa amwibagiwe ahubwo azumva ameze nk’uwageze mu ijuru kandi ari mu biganza bye..

Abakobwa kimwe n’abahungu bakunda gusomana, ariko wari uzi ko abakobwa bakunda uburyo bwo gusomana bumwe kurusha ubundi? Si uguhuza iminwa gusa ahubwo hari amwe mu mabanga yo gusomana buri mukobwa arota ijoro n’amanywa kuba byibuze umunsi umwe yasomwa muri ubwo buryo.

Dore bumwe mu buryo wasomamo umukunzi wawe akanezerwa bidasanzwe:

  1. Kumusoma mu ruhame/imbere y’inshuti zawe

Uburyo bwo gusomana mu ruhame nti bivuze mu nsengero cyangwa amahuriro ayo ariyo yose, ahubwo ni ahantu abandi bantu bashobora kubabona. haba mwasohotse muri resitora cyangwa se ahantu hari abantu benshi. Mubwire ahaguruke mbere yuka amenya ko ugiye kumusoma imbere y’imbaga y’abantu. Birushaho kuba byiza inshuti zawe zihari cyangwa bamwe mu muryango wawe. Bizatuma yumva ashyigikiwe, ejo hazaza hameze neza igihe cyose muzaba muri kumwe.

  1. Kumusoma murimo gutongana

Murimo gutongana ku bintu bitagenze neza, yakurakariye cyane. mwegere ufate ibiganza bye, azagerageza ku kurwanya cyangwa ku guhunga yibwira ko ugiye kumugirira nabi. Mufate umwiyegereze maze umusome, ubukana yari afite buzahita bucururuka bube zero kubera kumusoma, komeza umusome nk’iminota igera ku icumi mbere y’uko umuryamisha ku gitanda. nubikora neza azamara imyaka 5 atongeye kugutonganya.

  1. Kumusoma uturutse inyuma

Mwegere uturutse inyuma mu gihe atatekerezaga ko waba uhari. Musome ku ijisi, ku matama mbere yuko ahindukira ngo akubone neza. Abakobwa benshi bakunda gusomana bitunguranye, ariko bikore neza utazatungurwa mbere. Ibi byakorwa neza mu gihe umutunguye arimo gutekereza cyane, ukamusoma uturutse inyuma umufashe mu manyungunyungu. ku musoma gutyo bizamushimisha, amaboko yawe amufashe azatuma yumva nta cyamuhungabanya igihe cyose muri kumwe.

  1. Kumusoma umwegetse ku rukuta

Abakobwa bakunda gukora imibonano iyo harimo akantu k’ingufu, no gusomana nuko. Uburyo bwo gusomana, muterure umwegeke ku rukuta n’imbaraga maze umusome byimbitse, ariko ukomeza kumutsindagira ku rukuta, amaguru ye atandukanye winjijemo ayawe ariko acyambaye imyenda, ukomeze kumusoma. Ibi ni ibintu atazibagirwa mu buzima bwe.

  1. Imvura itangiye kugwa.

Aho kugira ngo utwikire umukobwa yere kunyagirwa, zamura umutwe we, umurebe mu maso maze umusome byimbitse. Uko muri gusomana, gerageza kumutsa imisatsi ye n’ikiganza kimwe, ikindi kiganza kimufashe mu manyungunyungu, ugerageza kumuterura. Buri mukobwa yifuza ibintu nk’ibi kandi Nubimukorera azumva ameze nk’uwageze mu ijuru kandi ari mu biganza byawe

Related posts