Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Amakuru

Biravugwa ko Gen Sultan Makenga na M23 bamaze gukorera FARDC amateka mashya

Abarwanyi ba M23 basanzwe bagaragaza ko bateye ubwoba mumirwanire ndetse no mumipangire y’urugamba yabo, kurubu biravugwa ko bamaze gufata bugwate abasirikare 32 ndetse bakaba bamaze kwica umwe mubagenerali bakomeye bo muri FARDC. amakuru agera kuri kglnews yemeza ko aba barwanyi ba M23 bamaze guhahamura ingabo za leta FARDC ndetse mumaguru mashya aba arwanyi ba M23 bakaba bari bube bamaze kwisubiza uduce twabo basanzwe bareberera.

Nubwo leta ya Congo ntakintu nakimwe yari yatangaza kuri ayamakuru, ariko amakuu dukesha radio ijwi ry’amerika avuga ko aba barwanyi a M23 nyuma yo kureka ingabo za FARDC zikigira ibyo zishaka kurubu aba barwanyi ba M23 bakaba bamaze gushyikira aba basirikare ndetse bikaba biteganyijwe ko bagomba kurara bageze mumujyi wa Bunagana ahari gereza ifungirwamo impfungwa zitandukanye z’abahoze ari abasirikare ba M23.

Icyo nakwibutsa nuko nyuma yuko aba barwanyi ba M23 batangiye kugaba ibitero muntangiriro za kamena ndetse bakaza no guhirwa n’urugamba aho baje kugira amahirwe yo kuba bakwigarurira uduce turimo Bunagana Rutshuru ndetse nutundi bagiye bongeraho nyuma ariko nyamara gahunda yabo ikaba yari gahunda yo gusaba ubutegetsi bwa President Felix Antoine kuba bagirana ibiganiro maze hakubahirizwa amasezerano yakozwe hagati y’impande zombi ahagana muri 2013 ariko nyamara leta ya Congo ikaza gukomeza kugenda biguru ntege kugeza nubwo aba barwanyi bashoje urugamba ndetse bakaza no kwitwara neza.

Related posts