Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

Bakiriwe nk’Abami, Bidasubirwaho abatoza ba APR FC basesekaye i Kigali (Amafoto)

Kuri uyu munsi tariki ya 20 Nyakanga 2023 nibwo abatoza ba nyamukandagira mu kibuga kikarasa imitutu basesekaye i Kigali.

Umutoza mukuru wa APR FC Thierry Froger umu Faransa ndetse n’umwungiriza we Karim Khouda bamaze gutangazwa nk’abatoza bashya ba APR FC, aho iyi kipe y’Ingabo zigihugu yabihaye umugisha ibaha ikaze iibinyujije Ku mbuga nkoranyambaga zayo zose.

Thierry Froger umutoza mukuru wa APR FC afite ibigwi bikomeye bituma abantu bamwitezeho kuzakora byinshi harimo kugeza APR FC mu matsinda y’imikino ny’Afurika.

Byitezwe ko aba bagabo bazatangira akazi ku munsi wejo i Shyorongi bakoresha imyitozo. Abakinnyi bakomeye b’abanyamahanga nabo batari baza Ku munsi wejo hafi ya bose baraba bahageze.

Related posts