Mu karere ka Kamonyi, mu murenge wa Mugina, ahazwi nko mu kagarama hepfo y’isoko rya Mugina, ku 02 gicurasi 2024, kurubaraza rw’inzu y’umuturage hasanzwe...
Abakobwa baratandukanye mu miterere,imitekerereze,imigendere(uko bifata),..Uko batandukanye ninako badakunda kimwe. Ariko byanze bikunze hari aho bagira bahurira ku mikundire yabo no mu buryo bagaragazamo amarangamutima.Ibi ni...
Muri Republic iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa amakuru yuko hari umusirikare w’iki gihugu (FARDC), watwitswe n’abaturage bamutwikiye mu Mujyi wa Goma, bikamuviramo no gupfa, ashinjwa...
Iyo abakundana batumvikana,biba bisa nko kuba mu mwijima,iyo mutumvikana nta na rimwe n’urugo rwanyu ruzagaragaramo amahoro,iki nicyo kibazo cyugarije ingo muri iyi minsi,ari nayo mpamvu...