Nukora ibi bintu k’ umukobwa wifuza kugira umugore , uzagende utuze kuko uzajya gutera ivi ari cyo cyonyine asigaye arota mu mutwe we gusa
Burya n’ubwo abasore bose badateye kimwe, hari ibintu bahuriyeho nk’imyumvire n’imitekerereze rusange, bityo ibi bikaba ari ibintu 20 byafasha umukobwa wifuza kuba uw’igikundiro ku mukunzi...