Kuwa gatandatu tariki 20 Mutarama 2024 nibwo ikipe ya Arsenal FC yagarutse mu kibuga itsinda ikipe ya Crystal Palace ibitego 5-0 nyuma yo kumara imikino...
Umutoza wa APR FC Thierry Froger nyuma y’umukino wa shampiyona wabahuje na Police FC warangiye APR itsinze 1-0 yanenze uburyo imikino yo mu Rwanda ipanze....
Salomon Charles Bienvenue Banga Bindjeme w’imyaka 27 y’amavuko ukomoka muri Cameroon, ni umwe mu bakinnyi ikipe ya APR FC igenderaho yagize ikibazo cy’imvune mu myitozo....
Kanzayire Console uzwi nka Shangazi,wari umufana ukomeye cyane w’ikipe ya APR FC wabarizwaga mu itsinda rya ’Online Fan Club’ yitabye Imana. Kuri iki cyumweru tariki...
Kuri iki cyumweru tariki 21 Mutarama 2024 nibwo hamenyekanye ko ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA)ryahagaritse ikibuga cya Rugende. Ibi bibaye nyuma y’uko umukino ubanza...
Mu ijoro ryo kuwa gatanu tariki 19 Mutarama 2024 nibwo Rayon Sports yakiriye umutoza mukuru Julien Mette ku kibuga mpuzamahanga cy’indenge cya Kigali I kanombe....
Kuri uyu wa gatanu tariki 19 Mutarama 2024 nibwo hamenyekanye ko Umunya-Cameroun, Sanda Soulei wakoraga igeragezwa muri APR FC yaritsinze bahita bamuha amasezerano y’imyaka ibiri....
Rayon Sports nyuma yo gutangaza ko bumvikanye n’umutoza w’abanyezamu WEBO Lawrence, yamaze kugera mu Rwanda. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki 19 Mutarama...
Kuri uyu wa Kane tariki 18 Mutarama 2024 nibwo abagande batatu Simon Tamale, Joackiam Ojera na Charles Baale bakoze imyitozo kuri Kigali Pele Stadium, yanyuma...