Politiki, Ubukungu, Ubuzima, Diaspora, Imikino, Urukundo
Imikino

APR FC igiye kwesurana na Mukura Victory Sports, abakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga Ku mpande zombi

Ikipe ya APR FC igiye gukina na mukura Victory Sports et Loisirs hizihizwa isabukuru y’imyaka 60 ikipe ya Mukura imaze ivutse.

Usibye kuba ari umukino wa gicuti ni nigihe cyiza Ku makipe yombi cyo gupima urwego rwa bakinnyi bashya yasinyishije, by’umwihariko APR FC yazanye abanyamahanga batandukanye nyuma y’imyaka 11 itabakinisha.

Umutoza wa APR FC yahisemo kubanza mu kibuga abakinnyi bakurikira ;

 

1.Pavelh Ndzila

2.Buregeya Prince

3.Ishimwe Christian

4.Omborenga Fitina

5. Salomon Bindjeme Banga

6.Nshimiyimana Ismael

7.Ruboneka Bosco

8.Sharaf Eldin Shaiboub

9.Mbaoma Victory

10. Sharaf Shaiboub Abdelhraman

11. Bemol apamu assongwe

 

Mukura Victory Sports abakinnyi 11 bagiye kubanza mu kibuga;

1. Sebwato Nicolas

2. Kubwimana Cédric

3. Kayumba Soter

4. Ngirimana Alex

5. Muvandimwe JMV

6. Ntarindwa Aimable

7.Bukuru Christophe

8. Gérard BDayogeje

9. Hakizimana Zubel

10. Iradukunda Elitatu

11. Kevin Ebene

Umukino wagombaga gutangira I Saa 15H00 gusa watangiye utinze biturutse kukuba wabanjirijwe na gahunda nyinshi zatwaye igihe ugatangira I Saa 15h30.

Related posts