Urukundo ni rwiza pe ariko ugomba kugira aho ugarukira! Dore bamwe mu bakobwa batanu beza bishwe bazira urukundo bakundaga abo batwariye umutima!

 

Urukundo burya ni ikintu kiza ndetse bikaba byiza iyo ukunda ugukunda. Gusa rimwe narimwe hari ubwo umwe muri mwe mukundana apfuye kubera urukundo.

Dore bamwe mu bakobwa beza bo muri Kenya bapfuye bazira urukundo bakunda abo batwariye umutima.

1.Sharon Otieno: Uyu ni umwe mu bakobwa bapfuye bazira urukundo, yigaga muri kaminuza ya rongo ndetse yasanzwe afite ibiguma byinshi mu mugongo byibyuma yatewe.

 

2.Ivy Wangeci: Nawe yigaga muri kaminuza ya Moi university akaba yarishwe nuwari umukunzi we nk’uko byatangajwe n’abashinzwe umutekano bakoze iperereza.

3.Celestine Muthengei: Uyu nawe yishwe n’umukunzi we wigaga kuri kaminuza ya Makelele ubwo yamusangaga mu cyumba cye akaba ariho amwicira.

4.Annie Wonjohi : Yishwe muri 2017 yishwe n’umusore wamukundaga yaramusariye birangira uwo musore nawe yiyishe.

 

5.Joyce Syombua: Uru ni rumwe mu rupfu rwateye agahinda benshi muri Kenya.

Uyu mugore yishwe Ari kumwe n’abana be babiri ndetse bishwe n’uwahoze ari umugabo we nkuko byatangajwe n’abashinzwe umutekano bakoze iperereza.

Source: News Hub Creator

Related posts

Umukobwa nakubwira rimwe muri aya magambo uzamenye ko  yakubenze mu kinyabupfura

Abasore benshi bibwira ko amafaranga ariyo akurura abakobwa n’ abagore baribeshye , hari ikindi kibararura

Uburyo bwagufasha kugabanya uburakaru bw’ umukunzi wawe mu gihe wamuciye inyuma