Umusore yakoze ku mitima ya benshi ubw yafataga umwanzuro wo gushyingiranwa n’umokobwa warumusabye amafaranga yo kugura ibiryo ku muhanda

Umugabo yakoze ku mutima wa benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhura n’umukobwa asabiriza ku muhanda,akamutwara akamugira mwiza kugeza ubwo ahindutse burundu bagakora ubukwe.

Nkuko byatangajwe ku mbuga nkoranyambaga,uyu mukobwa yabonye uyu musore atambuka amusaba amafaranga yo kugura ibiryo.

Uyu aho kugira ngo ayamuhe,yahise amutwara amwitaho,amugira umusirimu kugeza ubwo yaje kumusaba ko barushinga.

Uyu ngo yashatse abo mu muryango w’uyu mukobwa kugira ngo babahe umugisha bashyingiranwe.

Iyi ni inkuru yashyizwe hanze n’ukoresha imbuga nkoranyambaga gusa ntiyavuze igihe ibi byabereye n’aho byabereye.

 

Related posts

Kugira ngo ushyikire umukobwa mwiza mu buzima bwawe, ugomba kwitoza kujya ugenda wihuta: Uko wa kwegera umukobwa muhuriye hafi y’umuhanda agahita agusamira hejuru

Iyi nkuru ireba abari hejuru y’imyaka 18: Ese ubundi umuntu adakoze imibonano  byamutwara iki?Sobanukirwa

Urugutegereje niba hari uwo wakunze ukamwimariramo wese