Umusore yakoze ku mitima ya benshi ubw yafataga umwanzuro wo gushyingiranwa n’umokobwa warumusabye amafaranga yo kugura ibiryo ku muhanda

Umugabo yakoze ku mutima wa benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo guhura n’umukobwa asabiriza ku muhanda,akamutwara akamugira mwiza kugeza ubwo ahindutse burundu bagakora ubukwe.

Nkuko byatangajwe ku mbuga nkoranyambaga,uyu mukobwa yabonye uyu musore atambuka amusaba amafaranga yo kugura ibiryo.

Uyu aho kugira ngo ayamuhe,yahise amutwara amwitaho,amugira umusirimu kugeza ubwo yaje kumusaba ko barushinga.

Uyu ngo yashatse abo mu muryango w’uyu mukobwa kugira ngo babahe umugisha bashyingiranwe.

Iyi ni inkuru yashyizwe hanze n’ukoresha imbuga nkoranyambaga gusa ntiyavuze igihe ibi byabereye n’aho byabereye.

 

Related posts

Inkuru ya mugitondo ireba abafite abakunzi! Aya ni yo magambo meza wabwira umukunzi wawe ibinezaneza bikamusaga

Umukobwa wapfiriye umuhungu akabura uko abigenza, hari ibimenyetso bimuranga.

Bashobora ku kwangiriza umutima! abakobwa ugomba kwirinda gukundana nabo mu buzima bwawe