Umuryango wa Rayon Sports wunamiye inzirakarengane zishyinguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro

Umuryango wa Rayon Sports wunamiye inzirakarengane zishyinguye ku rwibutso rwa Nyanza ya Kicukiro, zazize Jenoside yakorewe Abatutsi, Iki gikorwa cyabaye uyu munsi tariki ya 08 Mata 2023.

Bamwe mu bakinnyi ba Rayon Sports n’abayobozi bayo barishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, gusa nta rutonde rwose rw’abari abakinnyi bayo bose bazize Jenoside irabona, buri mwaka bagenda bongeraho abamenyekanye ndetse bakaba basaba abanyarwanda uwaba azi umukinnyi wayo wazize Jenoside utari ku rutonde ko yamenyesha iyi kipe.

Ni ikipe yashinzwe mu 1968, Jenoside yabaye imaze imaze imyaka 26, ikaba na yo yarashegeshwe na Jenoside yakorewe Abatutsi.

Urutonde rwa bamwe mu bari bagize ikipe ya Rayon Sports bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu w’i 1994

Related posts

APR FC irimo abakinnyi bashya yerekeje muri Tanzania ku ntego zo kwerekana ibyo imaze iminsi itetse

Umukinnyi mushya wa Rayon Sports yageze mu Rwanda, avuga ko ataje i Kigali “kubara amazu” [AMAFOTO]

EURO 2024: U Bufaransa bwasezereye Cristiano na Pepe imbokoboko, Mbappé yishimira kunywa umuti urura [AMAFOTO]