Umurwayi , umurwaza , n’ umuganga bahiriye mu mbangukiragutabara, inkuru irambuye.

Umurwayi , umurwaza , n’ umuganga bahiriye mu mbangukiragutabara

Mu gihugu cyo muri Uganda haravugwa inkuru , yakababaro y’ umurwayi, umurwaza n’ umuganga bapfuye nyuma y’ uko imbangukiragutabara bari barimo ifashwe n’ inkongi y’ umuriro bakabura uko basohoka.

Iyi mpanuka biravugwa ko yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Gicurasi 2022, mu Karere ka Bunyagabu muri iki gihugu.

Minisiteri y’ Ubuzima muri iki gihugu yatangaje ko iyi mpanuka yabaye ubwo iyi mbangukiragutabara yari mu rugendo ivanye umurwayi muri’ Bwera General Hospital’ imujyanye mu Bitaro by’ Akarere ka Fortportal.

Nk’ uko amakuru abivuga ngo iyi mpanuka yatwaye ubuzima bw’ umuganga , umurwaza n’ umurwayi bari inyuma mu gihe umushoferi n’ undi muntu wari imbere bo babashije kurokoka.

Related posts

Abanyamulenge benshi barimo na Apostle Paul Gitwaza bari mu gahinda gakomeye , bitewe n’ urupfu rutunguranye rwabaye ku muntu w’ ingirakamaro

Umusore wigaga muri Kaminuza ya UTAB waburaga iminsi mike ngo amurike igitabo yishwe urupfu rubi

Byinshi ku kirungo cya Maggi kivugwaho gutera kanseri