Umumotari wari umaze ameze arenga 6 atoga  yogerejwe mu ruhame .

Mu gihugu cya Ghana umumotari bivugwa ko yari amaze amezi 6 atoga yatunguwe yozwa ari mu ruhame.

Muri videwo yagiye hanze igaca ibintu, umwe muri bagenzi be yasobanuye ko icyabateye kumwiyuhagirira ari ukubera ko amaze igihe atoga kandi akaba afite umunuko.

Yagize ati”Ntabwo akunda kwiyuhagira, ubu amaze amezi arenga 6 atoga. Uyu ni umuntu ki? Umunuko we wonyine urahagije kubigaragaza, ariko uyu munsi, yaba abishaka cyangwa atabishaka, agomba kwiyuhagira”.

Uyu musore w’umumotari ubwo  yakorerwaga umuhango wo kogerezwa mu ruhame yagerageje gushaka uko yakwikura no kwiyaka abashakaga kumwogereza mu ruhame ariko biranga dore ko bari bamutunguye.

Related posts

Bamwe mu basore bihenuye ku bakobwa badafite amafaranga ,icyo nticyaba imbarutso yo gutuma bagumirwa?

Ishyaka PS Imberakuri ryijeje abanya_ Gisagara ko nibaritora hazigishwa indimi nyinshi  zirimo ikidage

Kigali: Ukuri ku cyihishe inyuma y’inkongi y’umuriro idasanzwe yafashe Inyubako Makuza Peace Plaza igashya.