Umukinyi w’umunyarwanda ufite impano idasanzwe yerekeje muri shampiyona ya Kenya mu ikipe ya Gor Mahia

Umukinyi w’umunyarwanda ukina hagati mu kibuga asitira aciye kuruhande rw’ibumoso Sibomana Patrick aravugwa mu Ikipe ya Gor Mahia FC yo mu gihugu cya Kenya.

Amakuru Kglnews yamenye ni uko Umukinyi sibomana Patrick uzwi nka Papy Yaba yamaze gusinya amasezerano angana n’umwaka umwe mu ikipe ya Gor Mahia FC ifite igikombe cya shampiyona giheruka. Ni mu gihe kandi uyu musore azajya ahembwa amafaranga angana na miliyoni 2 n’ibihumbi 700 mu mafaranga y’u Rwanda.

Sibomana Patrick Yakinaga mu ikipe ya clube Ferroviario da Beira yo mu gihugu cya Mozambique. Mu Rwanda yakiniye amakipe arimo Isonga, APR FC, Mukura Victory sports, na police FC. Yakiniye Kandi Shakthttyor Soligorsk yo muri Beralus na Young Africans yo muri Tanzania.

Related posts

Amagaju FC yatumbagije ibiciro byo kwinjira ku mukino wayo na Rayon Sports

Umukinnyi wa Rayon Sports ukunzwe cyane n’ abakunzi b’ iyi kipe yavuze abakinnyi bamurusha

Rayon Sports yinyaye mu isunzu!