Umukinyi w’ikipe ya Rayon Sports wifuzaga kujya hanze y’u Rwanda bishobora kurangira agiye muri Police FC

Umukinyi wa Rayon Sports Mucyo Didier Junior wavugwaga kwerekeza hanze y’u Rwanda bishobora kurangira asinyiye ikipe ya Police FC.

Mucyo Didier Junior ukina Nka myugariro uca Kuruhande rw’ibumoso muri Rayon Sports byavugwaga ko hari ikipe imwe yo mu kiciro cya kabiri muri Turkey gusa bisa nkaho ibitekerezo agiye kubihindura.

Ni nyuma yaho hazamutse amakuru avuga ko ikipe ya police FC yatangiye ibiganiro bucece n’uyu musore. Police FC irifuza uyu musore mu kwezi kwa mbere, Mucyo afite amasezerano azamugeza mu meshyi itaha ya 2024 muri Rayon Sports.

Mucyo Didier Junior yazamukiye mu ikipe ya Sunrise FC y’iwabo i Nyagatare, yavuye muri Sunrise ajya muri kiyovu Sports aho yavuye ajya muri Rayon Sports.

Mucyo Didier Junior

Related posts

Umutoza Frank Spittler atewe impungenge n’itsinda Amavubi yisanzemo

Yakinnye CHAN, aza mu Ikipe y’umwaka, bamubatiza Thiago Silva: Hura na Omar Gningue utegerejwe muri Rayon Sports

Copa América 2024: Emiliano Martínez yongeye gutabara Messi ku bwa burembe, berekeza muri ½ [AMAFOTO]