Umugore w’ umupasiteri w’ icyamamare yamushimiye kuba yarashatse umugore wa Kabiri, inkuru irambuye…

Kemmonye Seraki , Umupasiteri w’ icyamamare wo muri Botswana ufite abagore benshi , yashimwe n’ umugore we wa Mbere witwa Kagiso, kuba yarashetse umugore wa Kabiri.

Kagiso ubwo yari mu kiganiro n’ ikinyamakuru Kutlwano, yavuze ko umugabo we atagombaga kunengwa kuba yarashakanye n’ umugore wa Kabiri , Mpho. Uyu mugore yavuze ko umugabo we ari uwo gushimirwa kuko yashoboraga gukomeza kugira ibanga umubano we na Mpho ibanga, ariko we yabishyize hanze.

Ati”Ntumwihutire kunenga umugabo wacu. Yashoboraga gukundana na Mpho mu ibanga, ariko yahisemo gukora igikwiye, kimenyerewe mu muco nyafurika. »

Related posts

Bamwe mu basore bihenuye ku bakobwa badafite amafaranga ,icyo nticyaba imbarutso yo gutuma bagumirwa?

Ishyaka PS Imberakuri ryijeje abanya_ Gisagara ko nibaritora hazigishwa indimi nyinshi  zirimo ikidage

Kigali: Ukuri ku cyihishe inyuma y’inkongi y’umuriro idasanzwe yafashe Inyubako Makuza Peace Plaza igashya.