Umugabo yafashe inkoko ku ngufu biyiviramo urupfu

Umusore uri mu kigero cy’imyaka 41 witwa Rogers Sunday, utuye mu Ntara ya Mwanza ahitwa Usagara, yatawe muri yombi azira gusambanya inkoko kugeza ipfuye.

Mu kiganiro yahaye Itangazamakuru kuri uyu wambere tariki ya 15 Mata 2014, Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Mwanza witwa Wilbrod Mutafungwa, yavuze ko  Uwo musore Sunday yakoze ayo mabara tariki ya 12 Mata 2024.

Yagize ati” icyo gikorwa kigayitse yagikoze ubwo yari muri Salon kwa mushiki we, maze afata inkoko atangira kuyisambanyiriza muri Salo, ubwo yatabwaga muri yombi yasobanuye ko icya tumye akora ayo mabara ngo nuko yumvaga ashaka gukora imibonano mpuzabitsina cyane hanyuma niko kwigira inama yo gufata iyo nkoko kugirango arebe ko yakira umusonga yari afite”.

Uwo musore nyuma yo gutabwa muri yombi na Polisi, yahise atwarwa kwa muganga ngo abanze asuzumwe niba nta burwayi bwo mu mutwe yaba afite akaba aribwo bwatumye akora ibidakorwa.

Uwasambanyirijwe iyo nkoko yababajwe cyane nuko iyo nkoko yariho irarira amagi none akaba agiye kuba amahuri.

Related posts

Ibihugu 10 birimo ubusambanyi bwinshi kurusha ibindi muri Africa byitondere ku bijyamo_ Ubushakashatsi

Rusizi: Umukobwa yabengewe ku murenge ,umusore yifuza murumuna we ko ari we uryoshye!

Abantu 10 bakoreye imibonano mpuzabits1na mu kivunge bahuye n’ uruva gusenya