Turi live i Kigali nyamirambo ba mukerarugendo basambaniye mu muhanda bakomerwa amashyi n’abari babegereye.[VIDEO].

Ba mukerarugendo umusore n’umukobwa bafashwe amashusho ku manywa y’ihangu bari gusambanira ku nshundura zo kuryaho umunyenga mu muhanda,bitungura benshi ndetse bakomerwa amashyi n’abari babegereye.

Uyu mugabo n’umugore bari batembereye ku matara ya Nyamirambo aho bita kuri 40 I Kigali  mu Rwanda, bananiwe kwihangana niko kwerekeza ku nshundura zagenewe umunyenga wabamukerarugendo  zari hafi y’umuhanda batangira gusambana nibwo baje gufatwa amashusho n’abantu babarebaga.

Mu mashsho yafashwe aba ba mukerarugendo bari gusambana,humvikanaga urusaku rw’abantu benshi basakuza ndetse batangariye ibyo aba barimo ku karubanda.

Amashusho y’aba ba mukerarugendo yamamaye hirya no hino kuko yashyizwe ku rubuga rwa internet rukorera hafi y’uyu mujyi ukurura abantu witwa Nyamirambo.

Aba bantu basambanye ku manywa y’ihangu ndetse benshi bababonye bari muri iki gikorwa ndetse bamwe barabaseka abandi babatera akanyabugabo.

Ubusambanyi bwo karubanda bukomeje gufata indi ntera ku bantu basohokera mu mijyi itandukanye  muri afurika,aho mu minsi ishize hagaragaye abandi bantu bagiye basambaniye ahitwa Gran Canaria.

Related posts

Yago mu marira menshi channe ye ihinduriwe izina avuze amagambo akakaye

Umukunzi wa Dorimbogo yavuze ibintu bitatu byatumye ahagarika gukundana na we birimo no kuba  yaririrwaga amwaka buri kanya ngo barye agatunda!

Umunyamakuru Yago uhorana udushya yajyanywe muri RIB n’ umukobwa bahoze barya agatunda aza kumukangisha gushyira amashusho y’ubwambure bwe hanze