Rusizi: Bagiye gushyingura bagejeje umurambo ku irimbi bananirwa kumwikana.

Mu Karere ka Rusizi haravugwa inkuru y’ umugabo witwa Ngarambe Janvier benshi mu muryango we bemeza ko yapfuye yiyahuye gusa mu gihe bari bagiye ku mushyingura byahindutse amahane .

Amakuru avuga ko abo mu muryango wa Ngarambe bemeza ko umugore we muto yaje kwiba umurambo ndetse bakamara amasaha menshi babuze aho yagiye.

Ngo umugore wa Kabiri wa Ngarambe ukomeje gushinjwa n’ abo mu muryango wa Ngarambe kubera ko yanze kubaha umugozi yiyahurishije ngo bawushyingurane nawe.

Uyu mugore wa Kabiri wa nyakwigendera witwa Mukabaruta Francine yemeza ko yasabwe kudakora ku murambo mu gihe hagikorwa iperereza ku cyaba cyahitanye uyu mugabo bityo na we ntabwo azi aho uwo mugozi uri barimo kumushinja.

Nyuma yimvururu umuryango waje kwemeza ko bashyingura nyakwigendera nta mugozi bamushyinguranye , ibyo abo mu muryango we bakomeje kwemeza ko nabo bizabafata bakaziyahura.

Related posts

Bamwe mu basore bihenuye ku bakobwa badafite amafaranga ,icyo nticyaba imbarutso yo gutuma bagumirwa?

Ishyaka PS Imberakuri ryijeje abanya_ Gisagara ko nibaritora hazigishwa indimi nyinshi  zirimo ikidage

Kigali: Ukuri ku cyihishe inyuma y’inkongi y’umuriro idasanzwe yafashe Inyubako Makuza Peace Plaza igashya.