Rupita Nyongo nyuma yo kugaragara ari kurya inyama y’inzoka, yavuze uburyo yamuryoheye bidasnzwe

 

Icyamamare mpuzamahanga mu gikina amafilimi ku ruhando mpuzamahanga wamamaye nka Rupita Nyongo, yasangije abamukurikira amashusho ari kurya inyama y’inzoka avuga ko yarimeze nk’iyi nkoko.

Uyu mugore ukomoka mu gihugu cya Kenya, kuri ubu uri kubarizwa mu gihugu cya Benin, mu mashusho yanyujije ku rukuta rwe Instagram arimo kurya inyama y’inzoka, yavuze ko ari ubwa mbere yaragiye kurya kuri iyi nyamara y’inzoka mu buzima bwe.

Mbere yo gutangira kuyirya byagaragara ko afite ubwo kuko na we ubwo yavuze ati, “Sinakwizera ko ari nge ugiye gukora ibi.” Gusa byabaye iby’ubusa kuko byaje kurangira ayiriye ndetse avuga ko iryoshye cyane.

Yagize ati, ” ndayikunze cyane, imeze neza Kandi iryoshye nk’inyama y’inkoko.”

 

Related posts

“Wankunze ntabikwiriye mwami” Amwe mu magambo y’amashimwe ari mu ndirimbo ‘Ndi Uwawe’ ya Bonfils

Atuma benshi bemera ko Imana ibaho! Sobanukirwa Songella ufite ubwiza butangaje.

“Imbehe yanjye wubitse, yarubutse” Byinshi ku ndirimbo ikomeje kuba isereri mu mitwe y’urubyiruko