Reba mu mashusho uburyo abaturage bahuruye bajya kwiba Peteroli ubwo imodoka yari iyitwaye yahirimaga ku muhanda

Abaturage b’ahitwa Kumasi bahururanye ibikoresho byo gutwaramo ibikomoka kuri Peteroli ubwo imodoka yari iyitwaye yahirimaga ku muhanda wo muri aka gace ko mu gihugu cya Ghana

Abantu batangajwe no kubona abaturage bashyira ubuzima bwabo mu kaga bagahururana ibikoresho byiganjemo indobo n’amajerekani bakajya gusahura Peteroli ubwo imodoka yari iyitwaye yari imaze guhirima. Ni igikorwa benshi bagaye ku mbuga nkoranyambaga.

Na hano iwacu mu Rwanda hakunze kugaragara abaturage baba basa n’abarekereje igihe imodoka ziganjemo amakamyo atwara ibikomoka kuri Peteroli cyangwa inzoga ahirimye bagahurura baje kwiba aho gutabara.

Dore amashusho y’abaturage bahuruye baza kwiba Peteroli ubwo imodoka yari iyitwaye yahirimaga ku muhanda

Related posts

Ngo ntabwo barya! Umugore wa Kabila yanenze abasirikare ba Congo kubaga Inka ze none bakarenzaho no kuzirira mu rwuri rwe!

Nyuma y’uko leta ya Congo yanze gushyira mu gikorwa ibyo yaganiriye na M23, aba barwanyi bongeye kwigarurira Walikare

Ingabo za Congo zashatse guhengera Abanyamulenge mu munsi mukuru wa Pasika nabo basanga bari maso, babereka ko batojwe