Rayon sport yatangaje umutoza wayo mushya ukomoka muri Tunisia menya ibigwi n’amateka bye nicyo aje gufasha iyi kipe y’igikundiro

Rayon sport yatangaje ko yasinyishije umutoza mushya ukomoka mu gihugu cya Tunisia, YAMEN ZELFANi ALFANI w’imyaka 43 Ubu niwe mutoza mushya wa Rayon sport.

Uyu mutoza aje afite inshingano zitoroshye zo gutwara igikombe cya shampiyona, ndetse akanageza rayon sport Kure hashoboka mu marushanwa ny’Afurika, cyane ko uwo asimbuye Haringingo Francis Christian yari yafashije rayon sport gutwara igikombe cy’amahoro, kandi icyo gihe rayon sport yari ifite ibibazo by’ubukungu butari bwifashe neza.

Uyu mutoza yaciye mu makipe atandukanye asanzwe anakomeye muri ruhago y’Africa arimo Al Merrikh, JS Kabylie nayandi.

Aya ni amateka ni bigwi by’umutoza WA Rayon sport.

 

Related posts

Yakinnye CHAN, aza mu Ikipe y’umwaka, bamubatiza Thiago Silva: Hura na Omar Gningue utegerejwe muri Rayon Sports

Copa América 2024: Emiliano Martínez yongeye gutabara Messi ku bwa burembe, berekeza muri ½ [AMAFOTO]

Yazamuye abarimo Djabel na Ruboneka! Urwibutso rw’Umutoza Ntirenganya Jean De Dieu witabye Imana