Putin Yongeye kwirahira ko azagira umuyonga igihugu cya Ukraine nikitemera kumanika amaboko mumaguru mashya. Reba icyo amahanga abivugaho!

Perezida Vladimir Putin w’igihugu cy’uburusiya yarahiye ko azagira igihugu cya Ukraine umuyonga nibaramuka batemeye gushyira intwaro hasi ngo bamanike amaboko, ariko amahanga nayo hari byinshi cyane yatangaje.

Hashize iminsi itari mike muburasirazuba bw’amajyaruguru y’isi humvikana urusaku rw’amasasu ndetse nintambara aho , iyintambara yatangijwe n’igihugu cy’uburusiya kumpamvu za Politics aho cyashoje intambara kugihugu cya Ukraine ndetse kikaza kubitangaza mbere yuko gitangiza aka kaga kose cyasutse kuri Ukraine.

Nubwo muntangiriro amahanga yagaragaje ko adashyigikiye uburusia ndetse amahanga menshi agafatira ibihano by’ubukungu igihugu cy’uburusiya , ibi ntabwo byigeze bica integer iki gihugu kuberako ahubwo cyakomeje kugenda gitangaza amagambo akomeye cyane yerekeye ibi kubera ko uburusiya akenshi bugaragara nkaho buri guhangana n’isi nzima.

Kumunsi wejo hashize kugicamunsi rero nibwo uyumugabo utavugirwamo akaba na perezida w’igihugu cyambere kinini kuri iyisi dutuye, Nyakubahwa Vladimir Putin, yatangaje ko atitaye kubyo amahanga arimo ndetse anatangaza ko mugihe cyose igihugu cya Ukraine kitarasha kuba cyatuza ngo bumvikane ndetse bagire nibyo bemeranwa ho maze babe bahagarika iyintambara, uyumugabo yatangaje ko agiye gutangiza gahunda nshya yo guhindura ikigihugu umuyonga ndetse anaburira amahanga yifuza kuba yakwiyunga kuri Ukraine ko ibizayabaho ari akaga gakomeye cyane.

Uyumugabo kandi uzwiho kuba ari muba perezida bake isi ifite batinyitse, yanaboneye ho umwanya wo kubwira amahanga ko nawe nkuko bamufatiye ibihano, nawe ari gutegura ibihano kandi bikakaye azafatira igihugu icyari cyo cyose cyaba kiri kuruhande rwa Ukraine ndetse anavuga ko ntagahunda yo kuba hakaturwa ibikomoka kuri peterori igihe amahanga atarashaka kumva ko icyifuzo cy’uyumugabo aricyo gikwiriye gushyirwa mubikorwa mbere yibindi byose. Sibyo gusa yaje kuba atangaza kuko yongeye ho ko mugihe cyose Ukraine itari yamanika amaboko, yiteguye guhindura ikigihugu umuyonga ndetse nuzashaka kwitambika wese muri iyintambara akaba azahahurira nakaga aho atatinye kuba yabigereranya n’ibyo mukinyarwanda bita akaga imbwa yahuriye nako kumugezi.

Related posts

Burundi: Perezida Ndayishimiye yakojeje agati mu ntozi ubwo yabwiraga abarundi ibintu bikomeye bisa nibyo Imana yakoreye Abisirayeli igihe cya Mose.

Barafinda yavuze ko naba umukuru w’ i gihugu cy’ u Rwanda azahereza abashomeri bose amafaranga ayakuye ahantu benshi bagize urujijo

President Evariste yaguye igihumure yakiriye inkuru mbi ko abasirikare 96 bishwe