Perezida wa Rayon sports umwana wanzwe niwe ukura,akojeje ibaba muri wino amwenyuza aba rayon yabashakaga igikurankota.

Perezida wa Rayon sports umwana wanzwe niwe ukura,akojeje ibaba muri wino amwenyuza aba rayon yabashakaga igikurankota

Kuri ubu Ikipe ya rayon sports imaze gutangaza ko yasinyishije umukinnyi wo mu burundi ukina asatira.


Rayon Sports ikomeje kwiyubaka yamaze gusinyisha umukinnyi w’umurumdi wakiniraga Le Messager Ngozi ,yasinye amasezerano y’imyaka ibiri.


Kubufatanye n’umutoza wayo mukuru Haringingo Francis Christian, Rayon Sports yamaze gusinyisha amasezerano y’imyaka ibiri Mbirizi Eric wakiniraga Le Messager Ngozi y’i Burundi.


Ku gica munsi cyo kuri uyu wa gatanu tariki ya 8 Nyakanga 2022, nibwo Mbirizi Eric yasinyiye Rayon Sports amasezerano y’imyaka ibiri kuri iki gica munsi.


Nuko bisobanurwa neza Mbirizi Eric yaguzwe Miliyoni 18 z’amanyarwanda asinya imyaka ibiri ashobora kongerwa.
Kuri ubu abakunzi biyi kipe barikomanga ku gatuza bashaka igikombe baheruka mu myaka itatu ishize aho bafite inyota ndetse yo gushokera igihugu.

Related posts

Batatu babisikanye na babiri mu mwiherero w’Amavubi yitegura Bénin

Rayon Sports mu bihombo nyuma y’uko umukino wayo na APR FC usubitswe ubugira gatatu

Paul Pogba wari waragizwe igicibwa muri ruhago yadohorewe