Nyuma y’aho Kiyovu Sports itsindiye Rayon Sports, Munyakazi Sadate agize icyo atangaza ku byo yavuze byo gusezera burundu k’umupira w’amaguru

Kuri uyu wa 5 kuri stade Regional ya Kigali, Kiyovu Sports ihatsindiye Rayon Sports ibitego 2-1. Ni ibitego bya Kiyovu Sports byatsinzwe mu gice cya mbere na Nshimirimana Ismael Pichu ndetse na Mugenzi Bienvenue. Ni mu gihe igitego rukumbi cya Rayon Sports cyatsinzwe na Willy Onana kuri penalty nyuma yo kujya mu kibuga asimbuye.

Mbere y’uyu mukino Munyakazi Sadate yari yatangaje ko Rayon Sports nitsindwa na Kiyovu Sports azasezera burundi ku bikorwa byose bifite aho bihuriye n’umupira w’amaguru.

Nyuma y’aho umukino urangiriye, Munyakazi Sadate ashyize mu bikorwa ibyo yiyemeje maze arasezera.

Dore ubutumwa bwa Munyakazi Sadate busezera:

Yahiguye ibyo yasezeranyije.

Related posts

Ese koko APR Niyo irinyuma y’umwuka mubi uri muri Rayon Sport?

Umurozi waroze Rayon Sport ngo idatwara igikombe yabigezeho ubuyobozi bubiha umugisha

Munyakazi Sadate ururumbira kuyobora Rayon Sport arashaka kubanza kuyambura igikombe