Nyamasheke:Umuhanda wafunzwe n’inkangu yatewe n’imvura.

Polisi y’u Rwanda ibinyujije ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter yatsngaje ko ku mugoroba wo Gatatu ahitwa Kitabi, umuhanda Nyungwe_Nyamasheke utakiri Nyabagendwa.

Ati:”Turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi yateye inkangu ahitwa Kitabi, umuhanda Nyungwe_Nyamasheke ubu nturi nyabagendwa.”

Iri tangazo rya Polisi ryakomeje rigira riti:”Muragirwa inama yo gukoresha umuhanda Kigali_Muhanga_Karongi_Nyamasheke.”

Kugeza ubu Abapolisi bagiye bari muri uwo muhanda kugira ngo bayobore abakoresha uwo muhanda bavuze nk’uko itangazo ryakomeje ribivuga.

Related posts

“Kazamubaho”! Xavi uherutse kwerekwa umuryango muri Barcelona, yateze umusimbura we iminsi

Toni Kroos asigaje imikino 8 yo gukina umupira w’amaguru

AS Muhanga yambuye Espoir FC ibintu n’abantu! Hakurikiyeho iki?