Nyamasheke:Umuhanda wafunzwe n’inkangu yatewe n’imvura.

Polisi y’u Rwanda ibinyujije ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter yatsngaje ko ku mugoroba wo Gatatu ahitwa Kitabi, umuhanda Nyungwe_Nyamasheke utakiri Nyabagendwa.

Ati:”Turabamenyesha ko kubera imvura nyinshi yateye inkangu ahitwa Kitabi, umuhanda Nyungwe_Nyamasheke ubu nturi nyabagendwa.”

Iri tangazo rya Polisi ryakomeje rigira riti:”Muragirwa inama yo gukoresha umuhanda Kigali_Muhanga_Karongi_Nyamasheke.”

Kugeza ubu Abapolisi bagiye bari muri uwo muhanda kugira ngo bayobore abakoresha uwo muhanda bavuze nk’uko itangazo ryakomeje ribivuga.

Related posts

Jacky uzwiho kwiyambika ubusa no kuvuga amagambo y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga, yatawe muri yombi.

U Burundi bwa ntaho nikora bwambuye ibiribwa abaturage butanga inkunga kumakungu

CECAFA Kagame Cup 2024: APR FC yananiwe kuvana igikombe hanze y’Igihugu ku nshuro ya kane [AMAFOTO]